Udupapuro

Bibliya itubwira, Imana imenya byose, kandi ko Ishyinguye inyandiko z’imibereho yacu. Tuzasabwa gusobanura ibyanditse muribyo bitabo ku munsi w’imperuka(Abaroma 14:11-12). Mbona abapfuye abakomeye n’aboroheje bahagaz’imbere y’iyo ntebe nuko ibitabo birabumburwa. Kandi nikindi gitabo kirabumburwa,aricyo gitabo cy’ubugingo abapfuye bacirirwa imanza z’ibyanditswe muribyo bitabo zikwiriye ibyo bakoze. ( Ibyahishuwe 20:12). Niduhagarara mu urubanza imbere y’Imana,abazaba batarahindura imibereho yabo ngo bayihe Kristo bazaba bara kerereweTutaka.

Agakiza 4 minutes

Yesu atubwira ko imiryango y’Ijuru itazigera idukingurirwa keretse nituvuka ubwa kabiri. Niyo mpamvu ubazwa ibi: Nshuti, mbese waba waravutse ubwa kabiri? Muyoboke w’itorero, waba warabyawe ubwa kabiri? Niba atari ibyo rero, warazimiye, kubera ko Yesu agira, ati: “Umuntu utabyawe ubwa kabiri ntabasha kubona Ubwami bw’Imana” (Yohana 3:3).

Agakiza 3 minutes

Mbese urishimye? Cyangwa se ubwoba n’umutimanama ugucira urubanza byakwambuye ibyishimo byawe? Waba se wifuza kwiyambura ubwo bwoba ndetse n’uko kwicira urubanza? Ushobora kuba wibaza, uti: “Mbese nzigera mbona ibyishimo mu buzima?” Ngufitiye inkuru nziza! Hariho ushobora kugufasha akanakubabarira ibyaha byawe ndetse akaguha n’umunezero uhoraho. Izina rye ni Yesu. Reka nkubwire ibimwerekeye. Imana Se, niyo yaremye isi n’ibiyiriho byose. Natwe niyo yaturemye, wowe nanjye.

Yesu 3 minutes
Agakiza 12 minutes